Umwaka w’impinduka mu guharanira kureshya ku benegihugu bose

Uyu mwaka wa 2015 watangijwe n’amagambo y’abayobozi b’ibitekerezo (leaders of opinions) bo mu Rwanda bakomeye ari bo Paul Kagame umukuru w’igihugu, na Padiri Nahimana Thomas uyobora ishyaka Ishema ry’u Rwanda rya nouvelle génération/new generation rikomeje kwigaragaza nk’ishyaka rirangaje imbere amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Rwanda.

Aya magambo yombi yaranzwe n’ikintu kimwe ari cyo impinduka zishobora gutungura benshi mu bataramenya ko igihe gikemura byinshi muri politiki. Nimwiyumvire ayo magambo yombi:

Padiri Nahimana Thomas aravuga ko hakwiye impinduka mu mikorere y’abiyita opposition naho Kagame akavuga ko hakwiye ko Abanyarwanda bemera impinduka batari biteze. Ni koko byavuzwe ukuri, igiti ntigikwiye kubonwa nk’igihagaze gusa ahubwo gikwiye kubonwa nk’igishobora gutanga umuvure. Cyakora hari imirimo igomba gukorwa. Nimubatege amatwi.

Advertisement

1 thought on “Umwaka w’impinduka mu guharanira kureshya ku benegihugu bose

  1. Pingback: Umwaka w’impinduka mu guharanira kureshya ku benegihugu bose

Leave a Reply

Fill in your details below or click an icon to log in:

WordPress.com Logo

You are commenting using your WordPress.com account. Log Out /  Change )

Facebook photo

You are commenting using your Facebook account. Log Out /  Change )

Connecting to %s