Ni inama yahawe izina rya Rwanda Bridge Builders. Yabaye kuwa 23 kugeza kuwa 24 Gicurasi 2020. Yahuje abari hafi 60 harimo amashyaka ya politiki atavuga rumwe na FPR ndetse n’imiryango itegamiye kuri Leta yita ku bibazo by’u Rwanda.
Inkuru ya Radiyo Ijwi ry’Amerika.