L’Abbé Thomas Nahimana est le chef du parti Ishema. Un parti d’opposition rwandais en exil. Il vient d’effectuer une tournée marathon à travers les grandes villes australiennes. Il était linvité d’honneur de l’Association des Rwandais du Queensland. Dans notre entretien, l’Abbé Nahimana explique pourquoi il s’est lancé dans la course à la présidence du Rwanda et évoque les risques liés à cette démarche.
Nyuma yo gusanga ibitekerezo birikubiyemo ari bigufi cyane kandi birimo amakosa akomeye y’imitekerereze ku buryo bitakwitirirwa “organisation” irimo abantu bashyira mu gaciro;
Tumaze kubona ko ibikubiye muri iri tangazo ari ibitekerezo n’ibyifuzo bwite by’uwiyita General Major Byiringiro Victor kandi bikaba bigaragarira bose ko ntaho bitaniye n’urugamba FPR-Inkotanyi ihora ishoza ku mashyaka ya politiki ya opozisiyo igamije kuyasenya ;
Turatangariza Abanyarwanda ibi bikurikira:
Ishyaka Ishema ry’u Rwanda ni umutwe wa politiki wigenga . Abayobozi baryo bakorera mu bwisanzure kandi nta muntu ku giti cye cyangwa undi mutwe wa politiki ubabwiriza icyo bagomba gukora. Bafite uburenganzira busesuye bwo kuganira n’Abanyarwanda aho bari hose, haba mu Rwanda imbere cyangwa mu mahanga. Gahunda yo kuzana impinduka nziza mu Rwanda binyuze mu nzira y’amahoro kandi buri Munyarwanda abifitemo uruhare, si igisebo ahubwo iteye Abataripfana bose ishema.
Nk’umutwe wa politiki witeguye kuba wayobora igihugu abaturage nibawugirira icyizere, nta kibazo na kimwe kireba ubuzima bw’Abanyarwanda Ishyaka Ishema ridashobora kwigaho ngo rigifateho n’ingamba. By’umwihariko, duhangayikishijwe bikomeye n’ ikibazo cy’impunzi z’Abanyarwanda bari mu mashyamba ya Kongo bakomanyirijwe n’Umuryango mpuzamahanga ku buryo bashobora kongera kuraswa mu minsi iri imbere. Tuributsa kandi ko abo benegihugu basaga ibihumbi 250 nta muntu ku giti cye cyangwa organisation ishobora kubafataho ingwate ngo bongere bicwe twese turebera gusa. Niyo mpamvu icyo twashobora gukora cyose kugirango kiriya cyemezo gitindi cyo kurasa Abanyarwanda gikurweho, nta wakitubuza kabone n’iyo yaba Jenerali Majoro Byiringiro Victor.
3.Twamaganye iterabwoba ry’abantu nka Byiringiro Victor bishuka ko “Impunzi z’abanyarwanda aho ziri hose ku isi “ ari akarima kabo, bashobora gushuka uko bishakiye, ngo “ibintu byifashe neza”kandi amaraso y’Abanyarwanda batagira ingano yenda kongera kumeneka. Iyi politiki ya humirizankuyobore nk’iya FPR, ntikijyanye n’igihe.
Twamaganye ikinyoma cya Byiringiro Victor cyo kubeshya Abanyarwanda ko icyemezo cyo kurasa impunzi zo muri Kongo kidashobora kugira ingaruka mbi ku buzima bw’abanyarwanda bakiri muri ayo mashyamba.
Nyamara ako karengane ko kurasa impunzi kemejwe n’umuryango w’abibumbye mu myanzuro myinshi itandukanye kandi igenda yibutsa ko mu gihe abarwanyi babana n’izo mpunzi batibwirije ngo bashyire intwaro hasi bitarenze tariki ya 2 Mutarama 2015,bazaraswa . Buri wese ubishaka ashobora kwisomera itangazo ryo ku itariki ya 5 Ugushyingo 2014 ry’akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano ku isi rivuga ku cyemezo cyo kurasa izo mpunzi.http://australia-unsc.gov.au/2014/11/security-council-presidential-statement-the-democratic-republic-of-the-congo/.
Kugira ngo icyo cyemezo kibabaje gikurweho hagomba gukomeza ibikorwa bikomeye bya “diplomatie” kandi na Byiringiro Victor akabigiramo uruhare.
Mu mezi macye ashize, ibitangazamakuru byinshi bikorera mu kwaha kw`ubutegetsi bwa Kigali byatangaje amakuru menshi ko Umuryango w`Abibumbye ugiye kuzarasa inzirakarengane Impunzi z`Abanyarwanda ziri muri Congo DRC. Abayobozi bamwe b`amashyaka ya opposition akorera hanze basamiye hejuru izo nkuru z`ubugambanyi bagwa mu mutego w`ubutegetsi bwa Kigali ubwo bagaragazaga uruhare rwabo mu gushaka gusenya FDLR.
Aha twabibutsa itangazo Bwana TWAGIRAMUNGU Faustinyihutiye gushishimura ngo bamwe mu bayobozi ba FDLR nibishyikirize inkiko kugira ngo Kigali ikunde ishyikirane ngo cyangwa izo mpunzi batazirasa. None se uwo munyapolitike yahindutse umuvugizi wa leta ya Kigali cyangwa umuvugizi wa ONU kandi aza no kwifatanya na FDLR ? Ibyemezo byo kwitandukanya n`uwo munyapolitiki byashimwe n`Abanyanyarwanda benshi bifuza amahoro arambye mu gihugu cy`u Rwanda ndetse no mu karere kose.
Abanyarwanda benshi kandi banyuranye bakunze kugaya ibindi bitekerezo byagiye bitangazwa na Nyakubahwa Padiri NahimanaThomas Perezida w`ishyaka ISHEMA ku byerekeye n’imvugo ze agenda ababwira ko agiye kuzana amahoro mu gihugu no mu karere kandi akaba akomeje no kubasahura abasaba imisanzu ngo agiye kuvugira impunzi ziri muri RDC yitwaje izina FDLR, mu gihe impunzi n`abandi Banyarwanda bategereje kubona umurongo utomoye ubuyobozi bw`ishyaka FDLR rifitiye Abenegihugu babujijwe uburenganzira ku gihugu cyabo.
Kubera ibyo byose byakomeje gushyira impunzi mu gihirahiro hakaniyongeraho ibihuha bikwirakwizwa n`inyangabirama hirya no hino mu mpunzi, Ubuyobozi bwa FDLR buboneyeho gutangariza Impunzi z`Abanyarwanda zose ibi bikurikira:
1. Kuva ziriya nkuru ko FDLR izaraswa zakwiragira, bamwe mu bayobozi b`amashyaka yo hanze barimo barazenguruka cyangwa bagakwirakwiza mu mpunzi amagambo yo kuzicamo ibice bazibeshya ko batumwe na FDLR kuganira nabo ku bibazo ifite muri iki gihe.
3. FDLR iributsa Impunzi zose ko intumwa zayo ibatumaho ari izifite ubutumwa bwanditse kandi bufite ibirango by`ishyaka (mandate/lettre d`accreditation) bibemerera kuyihagararira mu bihugu mutuyemo.
4. FDLR iratangariza impunzi z`Abanyarwanda n’abari mu Rwanda bose muri rusange ko ihagaze neza mu nzego zose.
FDLR izakomeza kwita ku mutekano w`impunzi yiyemeje kurinda no gukora ibishoboka byose ngo zitahuke mu Rwanda zidapfukamye kandi n`amahoro arambye aboneke mu gihugu cyacu no mu karere giherereyemo.
Internal letter signed by almost 200 staff members says award is ‘morally reprehensible’ and endangers STC’s credibility globally
“Following the grotesque award to child-killer @TheBlairDoc Tony Blair by Save the Children all right thinking people should withdraw support.”
“As this man defends any dictator who’ll pay him, @SaveTheChildrenUS inexplicably gives him award.”
Tony Blair at the Save the Children Illumination Gala in New York City.Photograph: Getty Images
`
The charity Save the Children faces a backlash from staff after it presented Tony Blair with a “global legacy award” in New York last week – despite privately acknowledging that he is a controversial and divisive figure.
Amid widespread criticism on social media, many of the charity’s staff have complained that the presentation of the award has discredited Save the Children (STC). An internal letter, which gathered almost 200 signatures – including senior regional staff – in the first six hours of dissemination, said the award was not only “morally reprehensible, but also endangers our credibility globally”, and called for it to be withdrawn.
It said that staff wished to distance themselves from the award and demanded a review of the charity’s decision-making process.
“We consider this award inappropriate and a betrayal to Save the Children’s founding principles and values. Management staff in the region were not communicated with nor consulted about the award and were caught by surprise with this decision,” it said.
The move has also raised questions about Save the Children’s (STC) integrity and independence because of close links between the former British prime minister and key figures at the charity’s helm.
Its UK chief executive, Justin Forsyth, was a special adviser to Blair for three years, and Jonathan Powell, Blair’s former chief of staff, is currently on the board of STC.
Blair was presented with the award by the US arm of the charity at a glittering “Illumination Gala” at the Plaza Hotel in New York on 19 November, in recognition of his “leadership on international development”.
The charity cited two G8 summits hosted by Blair during his premiership which focused on debt relief for poor countries. At the Gleneagles summit in 2005, world leaders pledged to “Make Poverty History”.
Forsyth, who was appointed chief executive of STC in 2010, previously worked for Blair, focusing on global poverty. In an introduction to his blog on STC’s website, Forsyth writes: “In 2004, I was recruited to No 10 by Tony Blair, where I led efforts on poverty and climate change and was one of the driving forces behind the Make Poverty History campaign.”
Accepting the award at the New York gala, Blair said: “From the beginning of humankind there has been brutality, conflict, intrigue, the destructive obsession with a narrow self-interest. But throughout all human history, never has been extinguished that relentless, unquenchable desire to do good. To act not only in self-interest and sometimes to even to act in defiance of it.” Protesters swiftly took to social media, led by MP and anti-war campaigner George Galloway, who tweeted: “Following the grotesque award to child-killer @TheBlairDoc Tony Blair by Save the Children all right thinking people should withdraw support.” He also demanded STC rescind the award.
Kenneth Roth, executive director of Human Rights Watch, tweeted a picture of Blair with the words: “As this man defends any dictator who’ll pay him, @SaveTheChildrenUK inexplicably gives him award.” Roth later corrected this to STC US.
An online petition calling for STC to revoke the award said many saw Blair “as the cause of the deaths of countless children in the Middle East”. It had gathered more than 81,000 signatures by 1pm on Tuesday.
According to an email sent last week by Krista Armstrong, the charity’s global media manager, to senior colleagues, STC has received a “high volume of complaints and negative reactions regarding the award”.
The email acknowledged that Blair “is a hugely controversial and divisive figure in many parts of the world” and listed a number of questions that had been raised by STC staff, soliciting possible responses from her colleagues.
The first question was: “Why would Save the Children chose (sic) to provide one of its most prestigious award – ‘a global legacy award’ to a man accused of being a war criminal?”
In response, Eileen Burke, STC’s director of media and communications in the US, circulated “a line” explaining Blair was selected for the award for debt relief work and the Make Poverty History campaign.
“Otherwise we are not in a position to respond to some of the geopolitical questions below,” she wrote in a separate email.
In a statement, STC stressed that the award was given by the US arm of the charity, not by STC UK or Forsyth. It said the award was presented because of Blair’s work as prime minister on Africa and poverty.
In response to a question about the scale of internal anger and opposition, STC added: “In a global organisation like ours of thousands of people, our staff have strong views on a whole range of issues and people and we respect that diversity of views.”
A spokeswoman for Blair said the former prime minister was “deeply honoured and moved to receive the award in recognition of his work”. Asked about the wisdom of accepting an award from an organisation with two former Downing St employees within its leadership, Blair’s office pointed out that the award was made by STC US.
Since propelling Britain into the US-led war in Iraq in 2003, in the face of fierce opposition in parliament and among the public, Blair has regularly been accused of war crimes. He is expected to be strongly criticised in the report of the government-appointed Chilcot inquiry into the Iraq war, which is due to be published next year.
On the day he stepped down as prime minister in 2007, Blair took up the post of special envoy to the Middle East Quartet, which mediates between Israel and the Palestinians. Palestinians and their supporters have frequently charged that, rather than a neutral interlocutor, Blair is strongly pro-Israel.
Other areas of Blair’s post-Downing St work include African governance, faith, sport and climate change.
Powell did not respond to Guardian requests for comment on Blair’s award and his role as a board member of STC.
Forsyth’s salary at the Save the Children came under scrutiny last yearwhen it was disclosed that he was paid £163,000 a year, including more than £22,000 in performance-related pay. He has since taken a pay cut to £140,000.
(2)Gahunda bafashe yo kujya gukorera politiki mu Rwanda no kugira uruhare mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu mwaka w’2017
(3)Ikibazo cy’umutekano w’umukandida w’Ishema n’Ikipe bazajyana mu Rwanda taliki ya 28/1/2016
(4)Icyo baba bateganya mu gufasha abavandimwe bacu benda kurasirwa mu mashyamba ya Kongo.
(5)Icyo bateganya mu gukemura ikibazo cy’irondakoko n’irondakarere
(6) Uko Revolisiyo ya rubanda yashoboka mu Rwanda rwigaruriwe n’Inkotanyi
Ibisubizo baduhaye kuri ibyo bibazo twibazaga byaratunyuze nuko twiyemeza gutera intambwe yo kudakomeza kuba indorerezi ahubwo tukagira uruhare rugaragara mu rugamba rwo kuzana impinduka nziza mu gihugu cyacu.
Niyo mpamvu dutangarije Abanyarwanda n’amahanga ko hano mu mujyi wa WAGGA WAGGA twinjiye mu Ishyaka Ishema ry’u Rwanda ku mugaragaro, tukaba twahashinze Ikipe Ishema.
Koko rero twasanze iri shyaka ryacu rifite Abalideri bitanga kandi badakorera mu bwiru kuko basanga abaturage bakaganira; twasanze Ishyaka Ishema rifite gahunda yumvikana kandi rifite “strategies zinoze” zishobora gushengura igitugu n’igitutu cya FPR Inkotanyi, Abanyarwanda baramutse biyemeje kurishyigikira ari benshi.
Mboneyeho akanya ko gusaba umunyarwanda wese n’inshuti z’abanyarwanda wumva arajwe ishinga n’AKARENGANE kagirirwa rubanda mu Rwanda, akaba yarabuze aho yanyuza umuganda we n’inkunga ye ko yakwegera Ishyaka Ishema, byashoboka akaribera umufatanyabikrwa.
Dutewe ishema no kwitwa ABATARIPFANA bitari mu izina gusa , ahubwo tukaba tugiye kubyerekana mu bikorwa mu minsi mike iri imbere aha.
Nifurije amahoro Abanyarwanda aho bari hose, kandi mbimbutsa ko bagomba kwihagurukira bagaharanira uburenganzira bwabo aho gukomeza kurota ngo hari abandi babitubereyemo : ak’imuhana kaza imvura ihise!
Umwami w’u Rwanda Mutara III Clarles Leon Pierre Rudahigwa yari yaratanze igihugu cye ho ituro, akigabira Kristu Umwami w’isi n’ijuru ngo abe ariwe ucyiyoborera mu nzira y’amahoro n’amajyambere. Uwo muhango wabereye i Nyanza , hari taliki ya 27/10/1946.
Hari benshi banenze icyo gikorwa cya Rudahigwa , bakamushinja ko yavanze politiki n’iyobokamana, ngo kandi ubutegetsi bw’igihugu butagomba gushingira ku myemerere y’idini runaka. Ubwo ni uburyo bwo kubona ibintu, ariko hariho n’ababibona ukundi. Ibihugu biyoborwa ku buryo bujyanye n’amahame ya kiyisilamu nabyo biriho.Icy’ingenzi ni ukureba icyiza Mutara III Rudahigwa wari umukristu usengera mu idini ya Gatolika yifurizaga igihugu cye.
Ingoma ya cyami hari byinshi tuyinenga kandi ukwikanyiza kwayo niko kwayikururiye Revolisiyo yayivuganye. Gusa iyo twitegereje igikorwa cya Rudahigwa cyo gutura u Rwanda Kristu Umwami , ntitwabura gushima ubushake yagaragaje bwo kwifuriza igihugu cye umugisha n’amahoro. Mu bihe bikomeye by’impinduka zitoroshye, icyo Umwami Rudahigwa yifuzaga ni uko ubutegetsi bwo mu Rwanda butakubakirwa ku nteshagaciro (anti-valeurs) z’ubugwari, ikinyoma , iterabwoba no gukomeza kwikubira ibyiza byose by’igihugu, ko ahubwo bwashingira ku ndangagaciro nzima z’ukuri, ubutwari n’ugusaranganya neza ibyiza by’igihugu. Izo ndangagaciro nizo ubukristu nabwo buha umwanya w’ibanze, bukaziherekesha itegeko risumba ayandi yose ryo gukunda mugenzi wawe nk’uko wikunda.
Nyuma ya Rudahigwa , ubutegetsi bwa Repubulika bwanditse mu mategeko yabwo ko politiki itagomba gushingira ku mahame y’idini runaka ariko ntibwabuze no kugaragaza nyine indangagaciro Leta ikwiye kwiyubakiraho . Ibyo bigaragarira nko mu ngingo ya mbere y’Itegekonshinga ryo mu 2003 u Rwanda rugenderaho muri iki gihe, igira iti :
“Leta y’u Rwanda ni Repubulika yigenga kandi ubutegetsi bwose ni yo buturukaho, ishingiye kuri demokarasi, igamije guteza imbere abaturage, kandi ntishingiyeku idini .Ishingiro rya Repubulika ni « ubutegetsi bwa rubanda, butangwa na rubanda kandi bukorera rubanda ».
Kuvuga ko Ubutegetsi bw’igihugu butakagombye kubakirwa ku mahame y’idini runaka, (laicite ) kandi koko nanjye nemera ko aribyo byiza, ntibivuze ko bugomba kwirengagiza indangagaciro nzima zubaka igihugu. Izo ndangagaciro zikubiye mu byo Itegekonshinga ryita Ubwigenge (liberte), demokarasi, no guteza imbere abaturage .
Muri iki gihe, icyo tugaya ubutegetsi bwa FPR Inkotanyi si uko budashingiye ku idini. Icyaha gikomeye bukora ni uko busuzugura kandi bukavuguruza indangagaciro Repubulika yubakiyeho . Ubu u Rwanda ruyoborwa kinyeshyamba, amategeko agatorwa ariko ntakurikizwe n’abakagombye kuyashyirwa mu bikorwa no gutoza rubanda kuyubahiriza. Ubu bizwi na bose ko politiki ya FPR yubakiye ku Kinyoma, iterabwoba, irondakoko no kurunda ibyiza byose mu ngo z’Agatsiko gato kibwira ahari ko u Rwanda ari umunani basigiwe na ba se .
Icyo Abanyarwanda benshi bifuza ni uko hakongera kubaho ubutegetsi bwubakiye kuri “VALEURS” abantu bumvikanaho ari nazo shingiro ry’amahoro arambye mu gihugu. Izo ndangagaciro-shingiro dusonzeye ni :
*UBWIGENGE (Freedom): Ukwishyira ukizana kwa buri mwenegihugu niyo moteri y’iterambere rihamye. Guheza abantu mu iterabwoba no kubahindura abacakara n’inkomamashyi mu gihugu cyabo nta kindi bibyara uretse umwiryane n’intambara z’urudaca zigamije kwibohoza ingoyi: byanditse muri kamere muntu ko nta waremewe kuba umugaragu !
*UBUTABERA mu nkiko zikiranura neza abashyamiranye, mu guhana umunyacyaha no kurenganura urengana; mu guhabwa icyo buri wese akwiye(merite), no mu gusaranganya ibyiza by’igihugu(juste redistribution des richesses).
*UMUTEKANO : Igihugu gihora mu midugararo ntigishobora gutera imbere. Ubutegetsi buhoza abantu mu ihagarikamutima ridashira bugomba kurwanywa bukavaho .
Izi ndangagaciro nizo Umwami Rudahigwa yifuzaga ko zashimangirwa n’Ukwemera Imana, abantu ntibazifate nk’ako zishingiye ku bushake bw’umuntu gusa. Igikorwa cye cyari kigamije kumvisha Abanyarwanda ko izi ndangagaciro ziri muri gahunda y’amahoro y’isi Umuremyi wa byose yifuriza n’u Rwanda .
II. ISENGESHO RYA RUDAHIGWA ATURA U RWANDA
Umuhango wo gutura igihugu cy’u Rwanda Kristu Umwami, wabaye mu kwezi k’Ukwakira mu 1946, wabaye iminsi itatu yikurikiranya, kuva ku ya 26, 27 kugera ku ya 28 z’uko kwezi, ubera i Nyanza (ahazwi ubu nko muri Christ roi). Bivugwa ko ibyo birori byo byizihijwe mu buryo bukomeye kandi bunogeye buri wese, bikaba byari byitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo; Musenyeri Classe, Ryekmans Umwami Mutara Rudahigwa n’umugabekazi Nyiramavugo Kankazi.
Umwami Mutara III Rudahigwa n’Umwamikazi Rizaliya Gicanda, mu nzu y’ubwami i Nyanza
Gutura u Rwanda Kristu Umwami nyirizina
Igitambo cya misa gihumuje, Umwami yigira imbere y’Isakaramentu Ritagatifu abari mu Kiliziya bose bacecetse, akuramo ikamba, arishyira kuri aritari. Ni aho yavugiye isengesho yihesheje Kristu Umwami n’igihugu cye n’abantu be.
Jyewe Mutara Charles Leon Pierre Rudahigwa ndapfukamye kugira ngo nemeze ko ari mwe bagenga b’inteko b’u Rwanda, mukagomba no kutubera umuzi ushingiweho ubutegetsi bwarwo n’ingoma yarwo.
Nyagasani Kristu-Mwami, ni wowe warwiremeye, uruha abategetsi bo kurugenga mu izina ryawe. Ugumya kurugwiza uruyobora ku ngoma nyinshi rutarakumenya.
Abagabo barutuyemo, ubahe umutima w’ubudacogora mw’ishyaka, barurwanira ryo kurushyira imbere no kurukomezamo amahoro wazaniye isi yose. Ubavanemo imico ya kera yo kugirirana nabi no guhuguzanya, no kubeshyerana, no kwiba no kwambura n’izindi ngeso mbi zose zidahuje n’ubuvandimwe wifuza kubona bwirambuye mu ngoma yawe.
Abatware ubahe kubategekena ubutabera, barutsindemo akarengane n’imigenzo mibi yindi yose, inyuranyije n’ubutungane watwigishije. Ubwo ubakomezamo umwete wo kwirinda ingeso za gipagani zo kwangana no kwiremamo ibice by’inzangano zatuma urukundo utwifuzamo rudashinga imizi mu gihugu cyawe.
Ubatsindire kuryryana mu migenzereze yabo, ubatsindire guhendana ubwenge no guhemukirana mu nama bajya zo kugutunganyiriza u Rwanda wabaragije.
Ubarinde kurenga ku masezerano no kwica umugenzo mwiza w’ubwanga-umugayo, ubahe guca imanza zitunganye no kutagira uwo barenganya, ngo barengere uwo bikundiye. Ubatsindire kurwarana inzika, no kugira uwo bayirwara mu ngabo zabo. Ubahe kwirinda kugira uwo bagambanira, cyangwa ubagambanaho byo kurengenya umuntu numwe mu Rwanda rwawe.
Ubavaneho rero imigenzo yose ya gipagani, inyuranije n’ingoma yawe.intumwa zazanywe no kutwigisha amahame y’ibibeshaho iteka n’abajanywe no kuyobora inzira y’ibyerekeye amajyambere natwe bene igihugu twese, dushyire hamwe dutunganye imirimo yacu, dushyizeho umwete ari wowe tuyikorera.
N’amahanga yose uko anagana tugusingirize mu ruhame tugira tuti: Kristu Mwami n’umubyeyi we Bikira Mariya baragahorana ibumbye byose, ubu n’iteka ryose.
Amina “
Umwanzuro
Nk’uko bigaragarira buri wese, abategetsi u Rwanda rufite muri iki gihe bifitiye gahunda yo kumena amaraso y’abanyarwanda, bakibwira ko iyo ariyo ndangagaciro bazubakiraho igihugu ubuziraherezo. Bimaze kugirwa umuco ko umuntu azamuka mu ntera kubera ko ari inzobere mu kuregaguzwa no kugambanira abandi, haba mu basivili no mu gisilikari. Gufunga hato na hato no kwica inzirakarengane zigatabwa mu kiyaga cya Rweru ngo nibyo bizatuma rubanda itinya ubutegetsi bwa FPR , ntihagurukire kubusezerera? Ibi byose bizagira iherezo, dore kandi ntibigitinze!
Umunsi mwiza wa Kristu Umwami ku bakunda igihugu cyabo bakaba bacyifuriza n’amahoro arambye.
Iki cyifuzo bagitanze ku wa kane tariki ya 20 Ugushyingo 2014, ubwo hamurikwaga ubushakashatsi ku mibereho n’ubukungu by’abasigajwe inyuma n’amateka bwakozwe n’umushinga ushinzwe kurengera inyungu z’iki cyiciro, COPORWA mu turere twa Nyanza, Nyaruguru, Nyagatare, Nyamasheke na Gasabo.
Ubu bushakashatsi bwakozwe hagati y’imyaka 2013-2014 bwerekanye ko bagikennye ku buryo budasanzwe.
Muri bo abarangije amashuri yisumbuye ni 1%, bangana n’abarangije kaminuza, mu gihe abarangije amashuri abanza ari 31%. Kuba umubare ukiri muto biterwa nuko ngo bagifite ubukene ku buryo hari umubare munini w’abana bata ishuri kubera ko batabona ibyo kurya.
Abashobora kwiyishyurira ubwishingizi bw’ubuzima ni 33% mu gihe abasaga 66% batabishobora.
Gahunda igamije kubateza imbere ya VUP (Vision 2020 Umurenge Program) mu karere ka Nyaruguru yageze kuri 1.5% mu gihe muri Nyanza yageze ku 8.2%.
Inkunga y’ingoboka nta n’umwe uyihabwa muri Nyaruguru mu gihe ahari benshi bayihabwa ari 7.6% mu karere ka Nyanza.
Nta n’umwe ubasha gukoresha inguzanyo ahabwa muri VUP muri Gasabo mu gihe ahari umubare munini ari 9.1% muri Nyamasheke.
Ubu bushakashatsi bukomeza bwerekana ko babaho mu buzima bubi, nta butaka, nta n’amafaranga binjiza.
Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya COPORWA, Gatera Jonathan yatangarije mu ruhame ibibazo bibugarije.
Icya mbere kirimo kunenwa, urugero yatanze ni ubwo umwe mu bayobozi wo mu karere ka Nyagatare yavugaga ko atararana n’ “ Abatwa” ubwo bari mu ngando, bose bagafata umwanzuro wo gutaha, bakisubiraho nyuma yo guhendahendwa.
Ibibazo by’ubukene, kutagira amacumbi n’izindi gahunda za leta bituma barwara amavunja.
Yagize ati “ Muhaguruke mujye hasi mu cyaro aho umuntu arwara amavunja akagera no mu mutwe.”
Nyuma yo kugaragaza ibi bibazo yagize ati “ Mudushakire Perezida Kagame wacu niwe uzadukemuira ibibazo.” Abayobozi bapyinagaza abahejwe n’amateka
Muhawenimana Marthe , umuyobozi ushinzwe uburinganire n’uburezi muri COPORWA yavuze ko uturere twa Kamonyi, Rwamagana, Rulindo, Ruhango, Nyagatare, Nyabihu, Gakenke na Rutsiro batereranye abahejwe inyuma n’amateka.
Muhawenimana Marthe
Agaragaza ko muri utwo turere banze gushyira mu mashuri makuru, kaminuza n’ay’imyuga bamwe mu banyeshuri bemererwa gufashwa na Minisiteri y’Imibereho myiza y’Abaturage, Minaloc, ngo bajye kwiga, utu turere tukavuga ko nta mafaranga bafite yo kubishyurira.
Akavuga ko ari ukubabonerana nkana bakimwa amahirwe baba bagenewe n’igihugu ku buryo bamaze kwandikira Minaloc ubugira kabiri nta gisubizo babona kuri aba banyeshuri basaga 20 ‘bacyandagaye’.
Ikindi yagarutseho ni ukutagira imyanya mu buyobozi uretse muri sena harimo umwe ngo nta muyobozi wundi bagira, bagasaba ko mu bagore bafite imyanya isaga 60% mu nteko hagombye kubamo n’abahejwe n’amateka, kimwe no mu zindi nzego.
Umuyobozi wa COPORWA Sebishwi Juvenal nawe yagaragaje ibibazo bibugarije birimo kutagira ubutaka, kuba umubare munini w’abakobwa babo bishora mu busambanyi kubera kutitabwaho bakanahabwa intica ntikize, no kutabona akazi aho usanga hari abarangije kaminuza basubiye mu kubumba inkono bya gakondo.
Yanagarutse ku gikorwa cy’abababaje cyo kugabwaho igitero mu karere ka Nyaruguru.
Yagize ati “ Hagira uwibwa hagahondagurwa ‘Abatwa”.
Yakomeje avuga ko izina Abatwa ari iryabo kandi bataryanze. Ahubwo ababazwa n’uburyo amateka yagiye abibasira bakigwa mu mashuri hagaragazwa ubugoryi bahimbiwe mu mwandiko ‘Gatwa le Potier’.
Yasoje avuga ko mu bibazo bitandukanye bagiye bahura nabyo bakeneye guhumurizwa.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yemeza ko bafashwa kimwe nk’abandi Banyarwanda bose, kimwe no kwiga.
Ku bavuga ko batabona imyanya muri leta, Karekezi Emmanuel yavuze ko bagombye guhindura imyumvire bakajya bakora ibizamini nk’abandi, gusa ngo mu gihe haba hari utsindira umwanya akawuvanwaho no kuba uwahejwe n’amateka ngo byaba ari ikibazo.
Senateri Kalimba Zephilin ukunze gukorera ubuvugizi abahejwe n’amateka wanashinze Ikigo cy’Imyuga rya Kitazigurwa (Centre de Formation Professionnelle de Kitazigurwa)kiri mu karere ka Rwamagana, aho abanyeshuri baturuka mu miryango itifashije irimo n’iy’abasigajwe inyuma n’amateka bahabwa ubufasha bw’umwihariko yasabye ko ibibazo byabo byakomeza kwitabwaho.
Senateri Kalimba Zephilin
Anavuga ko ibibazo bafite sena ikomeje kubigaragaza aho izunganirwa n’ubu bushakashatsi.
Yanasabye kandi ako abanyeshuri b’ababahejwe n’amateka biga mu mashuri y’imyuga bajya baherekezwa bagafashwa kubona ibikoreshokugira ngo ubumenyi bahabwa butazabapfira ubusa. Yasabye imirayngo itegamiye kuri leta guhagurukira rimwe igafasha abahejwe n’amateka.
Uwihoreye Omar umwe mu bagize inama y’ubutegetsi ya COPORWA, ayoboye ibiganiro
Twebwe Abanyarwanda batuye mu mujyi wa Melbourne ho muri Australia twafashe icyemezo cyo gutangiza Ikipe Ishema kugira ngo idufashe kuva mu bwoba , mu bwigunge no mu burangare bityo tugire icyo natwe dukora kiri mu bushobozi bwacu kugirango impinduka ishoboke mu gihugu cyacu kandi ku buryo bwihuse.
Turasanga kandi kimwe mu bituma politiki ya opozisiyo nyarwanda yarakomeje guhura n’inzitizi nyinshi ari uko abari n’abategarugori batitabiriye cyane gukora politiki kubera ahari ko politiki babonye ishingiye ku kinyoma, ku gusahura umutungo w’igihugu no kwica abaturage yabakuye umutima cyangwa se kubera ko bakomeje guheezwa. Turashishikariza abari n’abategarugori ko igihe kigeze ngo nabo bahagurukane ishema maze barengere igihugu cyabo uko bishoboka kose.
Mu izina ry’Ikipe Ishema mbereye umuyobozi, nsezeranyije Abanyarwanda batuye Melbourne ko twiteguye kubafasha mu gutsinda iterabwoba, kwihugura mu bya politiki, kubagezaho amakuru anyuranye no kubahuza hagamijwe kungurana ibitekerezo ku cyagarura amahoro mu gihugu cy’u Rwanda.
Kuko bamwe muri twe banyuze mu nzira ndende z’amashyamba ya Kongo, ntidushobora kwibagirwa abavandimwe bacu twasizeyo bakihahurira n’ingorane nyinshi kugeza n’uyu munsi . Turifuza ko hakorwa ibishoboka byose nabo bagafashwa, intambara zenda kongera kubarimbura zigakurwaho ahubwo twese tukazabona amahirwe yo kongera guhurira mu gihugu cyacu, tugafatanya kucyubaka ntawe uhejwe, kandi ntihazagire igice cy’abanyarwanda cyongera kwiyemera ko gifite uburengenzira ku byiza by’u Rwanda kurusha abandi.Turasaba Abanyarwanda benshi ko bashyigikira gahunda z’Ishyaka Ishema kuko dusanga zisobanutse kandi zishobora kuzahura igihugu cyacu.
Mu matora y’umukuru w’igihugu yegereje(2017) , turifuza ko Umukandida w’Ishyaka ryacu mwazamuhundagazaho amajwi bityo abishuka ko aribo bonyine bavukanye imbuto bakamenyeraho neza ko “Ubutegetsi bwose buturuka kuri rubanda , ikaba ariyo yihitiramo abayobozi bayinyuze biciye mu matora adafifitse”.
GDP is a measure of economic activity in the market and in the moment. So its key shortcoming is that it collapses time and makes us short-term in focus. It counts investment and consumption in the same way – an extra £100 spent on education is equivalent to the same amount spent on fizzy drinks.
Studies have repeatedly shown that the time horizon of the financial markets in particular is ever more short-term. Shaving about 0.006 seconds off the time it takes computer orders to travel from Chicago to the New Jersey data centre which houses the Nasdaq servers made it worth investing several hundred million dollars in tunnelling through a mountain range to lay the fibre optic cable in a straighter line. More than two-thirds of trades in US equity markets are high-frequency automated orders. How has the search for profit so foreshortened our vision?
It wasn’t always so. The term “Victorian values” now speaks to us of characteristics such as narrow-mindedness, hypocrisy and conformity, but it could also speak of hard work, self-improvement and above all self-sacrifice for the future. The list of the Victorians’ investments in our future is staggering. It includes railways, canals, sewers and roads; town halls and libraries, schools and concert halls, monuments and museums, modern hospitals and the profession of nursing; learned societies, the police, trades unions, mutual insurers and building societies – organisations that have often survived more than a century.
Why the Victorians managed to be so visionary is not entirely clear, but it had something to do with the confidence of an age of discovery both in science and other areas of knowledge, and also in geographical exploration and empire building. They made such strides against ignorance and the unknown, firm in their sense of divine approbation, it seems a belief in progress came naturally to them.
Civic and business leaders in the late 19th century had extraordinary confidence and far-sightedness, even as they too stood at the centre of social and economic upheaval. This Victorian sense of stewardship is something we could usefully remind ourselves of when thinking about how we measure value today. In the late 19th century it was the innovators and the builders of institutions who had standing, and it was the men and women of vision who were understood to be the creators of value.
They still are, even if it is often hard to measure or quantify what they build. Anything of value has its roots in values and vision, as much today as at any time in the past.
Financial markets have their place as a powerful way of harnessing incentives to achieve desirable outcomes. For example, the market in the US for trading permissions to emit sulphur dioxide, which helps cause acid rain, has been a triumphant success in removing what was once a serious environmental harm.
However, there is no sign that the wider public has stopped challenging the ascendancy of markets and money. The bestseller status of Thomas Piketty’s Capital in the 21st Century bears witness to that. It has put the question of the great inequality of wealth in the market economies at the centre of public debate, and it underlines another question: what is the point of economic growth if it does not make most people better off? Or, worse, if growth is actually destroying things that many of us value.
A further problem with GDP is that it obviously includes many things that are value-destroying. Natural disasters are good for GDP growth because of the reconstruction boom afterwards; the destruction of assets and human life is not counted. The metric ignores the depletion of resources, the loss of biodiversity, the impact of congestion, and the loss of social connection in the modern market economy.
People have long proposed alternative measures of progress – recently, environment-adjusted measures, or simply measuring happiness, directly by survey. What could be more straightforward than asking such a direct question? But reported happiness changes very little over time because, whether it’s the joy of a lottery win or the catastrophe of being disabled in an accident, it only takes about two years for people experiencing even a dramatic change in their life to revert to previous levels of happiness.
This takes us back to monetary measures, back to GDP and its inclusion of things that clearly have negative value. It also excludes “informal” activities such as housework and caring, many volunteer activities, and always excludes the full value of innovations. Nathan Mayer Rothschild was the richest man in the world at the time of his death from an infected tooth abscess in 1836. An antibiotic that hadn’t then been invented but now costs just $10 would have saved him. How much would he have paid for that medicine?